Igishanga cya Gasuma

Igishanga cya Gasuma, Abahinga mu bishanga bya Gasuma na Ruhoboba mu Murenge wa Simbi mu Karere ka Huye, barifuza gutunganyirizwa ibi bishanga ku buryo bajya babasha kubona amazi yo kuhira mu buryo bworoshye, bityo babashe kubibyaza umusaruro no mu gihe cy’impeshyi.[1]

Igishanga Cya Gasuma
Igishanga mu Rwanda,
Igishanga

Ubuhinzi

hindura

Dufite igishanga cya Gasuma tujya duhingamo imboga n’imbuto, ariko urebye ahanini mu mpeshyi nta mazi tuba dufite. Anyura hepfo, kuyifashisha ni ukujya kuyadaha.”Akomeza agira ati “Uwadushyiriraho umuyoboro uca hejuru y’imirima twabasha kubona amazi, tukajya duhinga no mu mpeshyi.[1]

 
Ubuhinzi
 
igishanga

Amashakiro

hindura
  1. 1.0 1.1 https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/huye-bifuza-gutunganyirizwa-ibishanga-kugira-ngo-bajye-bahinga-no-mu-mpeshyi