Igihe gutizwa igishanga kidakomye bimara

Igishanga

hindura
 
Igishanga

Amasezerano y’itizwa ry’ubutaka bw’igishanga kidakomye amara igihe kitarenga imyaka mirongo itatu (30) ishobora kongerwa ku bwumvikane bw’impande zombi. Haseguriwe ibitenganywa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, imyaka nyakuri y’intizanyo y’ubutaka bw’igishanga kidakomye igenwa mu masezerano hakurikijwe umushinga wemewe n’urwego rubifitiye ububasha.[1][2]

Amashakiro

hindura
  1. https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abadepite-bemeje-ishingiro-ry-umushinga-w-itegeko-rigenga-ubutaka-mu-rwanda
  2. https://rba.co.rw/imiryango-12-ituriye-ibishanga?lang=rw