Ifunguro rya saasita ku ishuri

Gufatira ifunguro rya saasita ku ishuri ni uburyo bwiza bwashyizweho na leta ifatanije na minisiteri y'uburezi mu rwego rwo kuzamura imyigire n'imibereho myiza y'umwana[1].Aho usanga abanyeshuri biga mu burezi bw'ibanze bw'imyaka 9 na 12 ndetse n'amashuri ya tekinike bafatira ifunguro rya saasita ku shuri bagakomeza imyigire yabo ya nimugoroba nta kibazo cy'inzara bafite .[2]

  1. https://www.kigalitoday.com/uburezi/amashuri/article/mineduc-yashyizeho-amabwiriza-mashya-arebana-n-amafaranga-y-ishuri
  2. https://www.kigalitoday.com/inkuru-zicukumbuye/Iburasirazuba-Abafatira-ifunguro-rya-saa-sita-ku-ishuri-bahamya-ko-bituma-biga
Ikigo cy'amashuri