Ibyatsi bifata ubutaka

Ubu ni uburyo bwifashishwa mu buhinzi aho batera ibyatsi bifite imizi miremire bigafata ubutaka bushobora kugenda bitewe ni isuri aha twavuga nka tiribusakumu, sitariya, mukuna, urubingo.[1][2][3][4][5][6][7]

Ibtatsi bifata ubutaka

Gutera ibiti hindura

 
Gutera Gereveriya ifata ubutaka

Gutera ibiti harimo ibivangwa n’imyaka ni bumwe mu buryo bwiza bwo kugabanya ndetse no kurwanya isuri kuko bifata imisozi bityo imvura iguye ntigire ubukana k’ubutaka kuko ifatwa mu mashami n’ibibabi ikagera hasi itagifite ubukana ahubwo amazi y’imvura agacengera mu butaka. Ni ngombwa rero kongera gutera amashyamba aho yarari hakurikijwe ubuhaname bw’umusozi, ndetse no gutera ibiti bivangwa n’imyaka ahagenewe ubuhinzi.[8]

Amashakiro hindura

  1. https://www.kigalitoday.com/ibidukikije/ibungabunga/article/akarere-ka-ngororero-kaza-imbere-mu-kugira-ubutaka-bwinshi-butwarwa-n-isuri-rwb
  2. https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/umuburo-wa-minisiteri-y-ibidukikije-ku-kwirinda-ibiza-biterwa-n-imvura
  3. https://umuryango.rw/amakuru/mu-rwanda/umutekano/article/rutsiro-imvura-yahitanye-umuntu-inasenya-ibikorwa-remezo-byinshi
  4. https://mobile.igihe.com/ibidukikije/article/musanze-umusozi-wari-ugiye-kuriduka-watangiye-kubungabungwa
  5. https://umuseke.rw/2022/05/muhanga-abacukuzi-bamabuye-yagaciro-bagiye-gukora-umuganda-kuri-hegitari-zirenga-ibihumbi-3/
  6. "Archive copy". Archived from the original on 2023-02-26. Retrieved 2023-02-26.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  7. "Archive copy". Archived from the original on 2023-02-26. Retrieved 2023-02-26.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  8. https://kubahonet.com/tag/kwita-ku-butaka/