Ibiti mu ruhango
Intangiriro hindura
gahunda yo gutera ibiti byera imbuto ziribwa kugira ngo barusheho kurwanya imirire mibi, no kwizigamira amafaranga bazihaha ku masoko.[1][2]
Imiganda hindura
abaturage guhana imiganda hakurikijwe ubumenyi bafite uko bagiye baturanye, niba ari umufundi akaba yafasha abaturage kubakira abaturanyi babo, niba ari umuganga akaba yafasha kurwanya imirire mibi no kubungabuga ubuzima, yaba ari umunyamategeko akaba yagira uruhare mu gufasha abaturage kuyasobanukirwa.[1]
Avoka hindura
Avuga ko ubundi gahunda ya Leta iteganya ko buri rugo rugira ibiti bitatu byera imbuto ziribwa, kandi ko abatarabitera bagomba kubikora kugira ngo bagire uruhare mu kurwanya imirire mibi mu bana. Avuga ko ubundi gahunda ya Leta iteganya ko buri rugo rugira ibiti bitatu byera imbuto ziribwa, kandi ko abatarabitera bagomba kubikora kugira ngo bagire uruhare mu kurwanya imirire mibi mu bana.[1]
imirwanyasuri hindura
kandi ko imirwanyasuri baciriwe izabafasha guhangana n’isuri yavaga mu musozi wa Gisanga, kuko hari n’inzu y’umuturage iherutse gusenywa n’imivu y’amazi ava kuri uwo musozi kandi abaturage bagiraga impungenge zo kuwutura munsi utarwanyijeho isuri.[1]