Ibigabiro by’umwami

Ahirengeye mu Murenge wa Gatsibo, aho bita Gatsibo k’imitoma, hari ahahoze ibivumu byari bigize urugo umwami yabagamo. Uhasanga kandi inzu ishaje imeze nk’iyubatswe mu gihe cy’ubukoloni. Iyo uhahagaze kandi ubasha kubona ibice byinshi by’imisozi. Iyo uhageze ubona ko koko hari amateka.[1][2]

Reba hindura

  1. https://muhaziyacu.rw/ubukerarugendo/uwagenderera-gatsibo-yasura-iki-yarara-he/
  2. https://mobile.igihe.com/umuco/amateka/article/ububiko-bw-amateka-ibigabiro-by-umwami-nkuba-ya-nyabakonjo-umwami-w-u