IBISHANGA MURI RWAMAGANA

Abaturage batuye mu karere ka Rwamagana, imirenge ya Kigabiro, Muhazi, Fumbwe na Gahengeri bavuga ko kuba ibishanga byarigaruriwe n’abororeramo amatungo yabo hari icyo bibabangamiraho, bagasaba ko byasubizwa abaturage bakabibyaza umusaruro bahangana n’inzara.

Kuko ifishnga bibafasha kubona ibiribwa mu bihe by’impeshyi, bagatera imyaka bakayivomera ku buryo yabarwanagaho muri ibyo bihe, aba baturage bavuga ko hari ibishanga bidakoreshwa bagashinja abafite ubushobozi kubyigwizaho bororeramo amatungo yabo.https://bwiza.com/?Rwamagana-Barasaba-Leta-kwambura-aborozi-ibishanga-bikabafasha-guhangana-n