ubutaka
ubutaka

Ubutaka

hindura
 
Ubutaka

Ipiganwa ryo gutiza cyangwa gukodesha ubutaka bwa Leta ku mpamvu z’ishoramari rirambye ritegurwa na Minisiteri ifite ubutaka mu nshingano ifatanyije n’urwego rufite guteza imbere ishoramari mu nshingano. Inzego zitegura ipiganwa zitegura n’inyandiko y’ipiganwa. Ipiganwa ryo gutiza cyangwa gukodesha ubutaka bwa Leta ku mpamvu z’ishoramari rirambye rikorwa hakurikijwe amategeko abigenga. [1]

Amashakiro

hindura
  1. https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/itegeko-rishya-ry-ubutaka-rigiye-gutangira-gushyirwa-mu-bikorwa