Gusogongera hindura

 
Gusangira nkumuco wabanyarwanda mukuganura ibyo bejeje

gusogongera ni umuco mu Rwanda bakora iyo hari ahantu habaye ubukwe

cyangwa ibindi birori birimo imibatizo nibindi

Akamaro hindura

 
Umuco wo gusangira

nko muri ibibihe gusogongera inzoga munganda zimwe nazimwe zibikora ni Akazi umuntu ahemberwa

kandi akaba yarabyigiye ndetse akaba anabifitemo uburambe ntago wakora akazi ko gusogongera

inzoga utazinywa[1]

Agashya hindura

gusogongera bisaba umuntu uba azwi nk umusinzi koko kuburyo agomba kuba azi amoko

menshi atandakunye y inzoga

Reba hindura

  1. https://www.kigalitoday.com/ntibisanzwe/article/umurimo-wo-gusogongera-inzoga-usaba-uwukora-kuba-yarazihebeye