Guhabwa ubutaka butanyuze mu ipiganwa

ubutaka
ubutaka

Ubutaka

hindura
 
Ubutaka

Urwego rufite guteza imbere ishoramari mu nshingano rusaba mu nyandiko, mu mwanya w’umushoramari, Minisitiri ufite ubutaka mu nshingano gutiza cyangwa gukodesha ubutaka bwa Leta mu rwego rw’ishoramari rirambye bitanyuze mu ipiganwa. [1]

Ibindi

hindura

Inyandiko isaba gutiza cyangwa gukodesha ubutaka bwa Leta mu rwego rw’ishoramari rirambye bitanyuze mu ipiganwa iherekezwa n’ibi bikurikira:

1° inyigo y’umushinga w’ishoramari;

2° icyemezo kigaragaza ko uwo mushinga ari uw’ishoramari rirambye; 3° inyandiko igaragaza ingano y’ubutaka bukenewe kuri uwo mushinga.

Amashakiro

hindura
  1. https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/itegeko-rishya-ry-ubutaka-rigiye-gutangira-gushyirwa-mu-bikorwa