Gucunga neza imyanda

inyanda

hindura
 
imyanda mu kimoteri i kigali

Gucunga neza amazi mabi n’imyanda ikomeye mu Rwanda bifite isura zitandukanye: kuva ku misarane ya Leta kugeza ahantu hateganyirijjwe za ruhurura. - Kuboneka kw’imyanda ikomeye, iy’amazi n’iy’imyuka ihumanya byiyongera ku muvuduko ujyanye n’uw’iterambere ry’inganda. - Mu byaro, igenamigambi ry’iterambere ry’Uturere ririmo gushimangira ko buri rugo (100 ku ijana) rugomba kuba rufite ikimpoteri gikozwe neza mu mwaka w’i 2024.[1]

Ibidukikije

hindura

Amashakiro

hindura
  1. https://rba.co.rw/post/Min-Mujawamariya-Hakenewe-ubufatanye-bwinzego-mu-kubungabunga-ibidukikije#google_vignette