GEREZA ZO MU RWANDA UKO ZIRUTANWA MU KUGIRA ABAGORORWA

komisiyo y'igihugu ishinzwe uburenganzira bw'umuntu yatangaje ko2019/2020 yasuye amagereza uko ari 12 ari mu rwanda isanga yose icumbikiyemo abantu 66.082 bangana n'ubucukike bwa 136%.[1]

UBUSHAKASHATSI

hindura

iyo komisiyo yavuze izo gereza zifite ubucukike buri hejuru cyane ariko nyuma y'imyaka 2 gusa yaje kongera gusura izo gereza isanga byarakabije noneho.[2]

GEREZA IFITE BENSHI

hindura

gereza iri ku isonga ni gereza ya rwamagana kuko icumbikiye abasaga17.448. naho irimo bake ni gereza ya nyagatare bangana na 603.[3]

INTEGO

hindura
 
gereza ya nyarugenge

ni ukugabanya ubucukike mu magereza yo mu rwanda.[4]

  1. https://umuryango.rw/amakuru/mu-rwanda/ubutabera/article/uko-gereza-zo-mu-rwanda-zirutanwa-mu-kugira-abagororwa-benshi
  2. https://umuryango.rw/amakuru/mu-rwanda/ubutabera/article/uko-gereza-zo-mu-rwanda-zirutanwa-mu-kugira-abagororwa-benshi
  3. https://umuryango.rw/amakuru/mu-rwanda/ubutabera/article/uko-gereza-zo-mu-rwanda-zirutanwa-mu-kugira-abagororwa-benshi
  4. https://umuryango.rw/amakuru/mu-rwanda/ubutabera/article/uko-gereza-zo-mu-rwanda-zirutanwa-mu-kugira-abagororwa-benshi