Umuhanzi Cyusa Ibrahim umuziki we wubakiye ku ndirimbo za Gakondo.

Ibyo wamenya hindura

Cyusa Ibrahim yabanje kuba umwe mu baririmbyi bafashaga Cécile Kayirebwa,Cyusa avuga ko Kayirebwa yishimiye iyi ndirimbo, ndetse ahita amusaba kumufasha mu kuririmba mu gitaramo yari agiye gukorera muri Kigali Serena Hotel.[1]Uyu muhanzi yavuze ko ubwo bombi bahuriraga mu gitaramo cya East African Party cyinjije Abanyarwanda mu mwaka 2021, ari urwibutso rudasaza yasigaranye. Ati “Guhura na Mama Cecile ku rubyiniro rumwe, ni indi shusho irenze. Ni ugukura.[2][3]Biramurenga akabura icyo arenzaho.”wa ku rubyiniro yaserukagaho mbere y’uko atangira urugendo rw’umuziki nk’umuhanzi wigenga.

Amashakiro hindura

  1. "Archive copy". Archived from the original on 2022-09-30. Retrieved 2022-09-30.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  2. https://inyarwanda.com/inkuru/103721/cyusa-ibrahim-yahishuye-uko-yabaye-umuririmbyi-wa-cecile-kayirebwa-mbere-yo-kwinjira-mu-mu-103721.html
  3. https://inyarwanda.com/inkuru/116574/cyusa-ibrahim-numukunzi-we-yahimbiye-indirimbo-bahuriye-i-burayi-amafoto-116574.html