Amabango y’ibiti yaka nka buji.

buji y'ibiti

Amabango hindura

Buji y'ibiti ni udufungo duto tw’amabango, umuntu yagereranya n’utwase dutoya. Aya mabango yaka nka buji, yifashishwa mu gufatisha imbabura.[1]

AMAVUTA hindura

 
buji

Aya mabango nimeza arabonesha, Aba ameze nk’atose, mbega wagira ngo ni igiti kirimo amavuta, Amavuta ubona atose cyane ariko na none atajojoba. Impumuro yayo wagira ngo ni iy’igiti cya sipure, cyangwa icya pinusi.[1]

IBINDI hindura

aya mabango iyo umuntu ayakongeje, yaka nka buji. Ariko ngo iyo yabaye ku zuba igihe kirekire agakamukamo ya mavuta umuntu ayabonamo, ntiyaka neza, kuko aba yabaye nk’inkwi zisanzwe. ushobora gufata akabango ka cm nk’eshanu z’uburebure, ukagakatamo utundi tubango dutoya, hanyuma bagashyira ku makara bashaka gucana. Ngo utu duti tujya gushira amakara bashakaga gukongeza yafashwe.[1]

Amashakiro hindura

  1. 1.0 1.1 1.2 https://www.kigalitoday.com/ntibisanzwe/Amabango-y-ibiti-yaka-nka-buji