Amatafari ya ruriba

Amatafari ya ruliba

Itangiriro hindura

Amatafari ya ruriba ni amatafari akorwa nu ruganda rwa Ruliba hakaba hashize imyaka 13, uruganda rukora ibikoresho by’ubwubatsi. uru ruganda rukora amoko 10 rwatangiriyeho rukora, aho ubu rukora ibikoresho by’ubwubatsi biri mu moko 40, rukaba ibyo rukora byariyongerey mugihe rwagiye mu maboko y’abashoramari bigenga.[1][2]

 
Amatafari ya ruliba

Inzitizi hindura

Amatafari ya ruriba akorwa nu ruganda rwa Ruliba ruracyafite zimwe mu nzitizi zirimo ibura rya hato ry’umuriro w’amashanyarazi, ndetse na banyarwanda bakunda kugura ibikoresho bikorerwa hanze kandi iwabo bihari.[1][3]

AMASHAKIRO hindura

  1. 1.0 1.1 https://rba.co.rw/umusaruro-w-uruganda-rwa-ruliba
  2. https://turaheza.com/tag/n-amatafari-ahiye/
  3. https://www.kigalitoday.com/ubukungu/iterambere/Biyemeje-kwiteza-imbere-binjira-mu-bubumbyi-bw-amatafari