Abana batewe inda

Abana batewe inda hindura

Muri iki gihe igihugu cyacu gihangayikishijwe n'abana b'abakobwa batwara inda bakiri bato. Akaba ari muri urwo rwego hagenda hashyirwaho ibihe by'umwihariko byo kurwanya iryo hohoterwa rikorerwa abo bana. [1]

Buri muntu arashishikarizwa gukumira ihohoterwa iryo ariryo ryose kugirango duharanire kugira iguhugu cyiza mu minsi iri imbere.

Inyandiko zifashishijwe 

[https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abangavu-ibihumbi-13-batewe-inda-mu-mezi-atandatu