Abafite ubumuga babayeho gute

IMIBEREHO Y'ABAFITE UBUMUGA hindura

Abafite ubumuga babayeho gute munzwgo zitandukanye zubuzima hindura

ndetse no mubandi baturage. hindura

Mu bwongereza habereye Inama mpuza mahanga y'abafite ubumuga irangira

ibihugu bitandukanye ku isi bishyizeho ingamba zigamije kurengera abafite

ibibazo bitandukanye by'ingingo. [1]


Intego nyamukuru ziyi nama yaruguhindura ubuzima

bwabaffite ubumuga hibanda kuhakigaragara kutubahiriza uburenganzira

bwabo, gushishikariza imiryango itandukanye guhra kandi bagashyiraho ingamba

zinjyanye nagahunda za loni zirengera abafite ubumuga.[2]

Mu buvuzi hakozwe iki hindura

Ndayisaba yavuze ko nyuma yo kumenya umubare wabafite ubumuga, habayeho

nokumenya ibyiciro byabo nutanga ubufasha ajyire aho ahera afasha.[3]

Yavuzeko hahise hatangwa amakarita yabafite ubumuga. kugeza ubu ikibazo kigihari nuko

insimbura ngingo batarazemera ariko twaganiriye na Minisiteli zibishanzwe kandi bemerako mu

mwaka utaha nazo bazazishyiramo.[4]

Inkomoko hindura

1.https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abafite-ubumuga-babayeho-bate-mu-nzego-zitandukanye-z-ubuzima

2.https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abafite-ubumuga-babayeho-bate-mu-nzego-zitandukanye-z-ubuzima

3.https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abafite-ubumuga-babayeho-bate-mu-nzego-zitandukanye-z-ubuzima

4.https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abafite-ubumuga-babayeho-bate-mu-nzego-zitandukanye-z-ubuzima