Abafite ubumuga babayeho gute
IMIBEREHO Y'ABAFITE UBUMUGA hindura
Abafite ubumuga babayeho gute munzwgo zitandukanye zubuzima hindura
ndetse no mubandi baturage. hindura
Mu bwongereza habereye Inama mpuza mahanga y'abafite ubumuga irangira
ibihugu bitandukanye ku isi bishyizeho ingamba zigamije kurengera abafite
ibibazo bitandukanye by'ingingo. [1]
Intego nyamukuru ziyi nama yaruguhindura ubuzima
bwabaffite ubumuga hibanda kuhakigaragara kutubahiriza uburenganzira
bwabo, gushishikariza imiryango itandukanye guhra kandi bagashyiraho ingamba
zinjyanye nagahunda za loni zirengera abafite ubumuga.[2]
Mu buvuzi hakozwe iki hindura
Ndayisaba yavuze ko nyuma yo kumenya umubare wabafite ubumuga, habayeho
nokumenya ibyiciro byabo nutanga ubufasha ajyire aho ahera afasha.[3]
Yavuzeko hahise hatangwa amakarita yabafite ubumuga. kugeza ubu ikibazo kigihari nuko
insimbura ngingo batarazemera ariko twaganiriye na Minisiteli zibishanzwe kandi bemerako mu
mwaka utaha nazo bazazishyiramo.[4]