Umuhanzi Ndayizeye Emmanuel[1] uzwi nka Nick Dimpozu sanzwe ari umukinnyi wa filime akaba n'umuhanzi .[2]

Amateka hindura

Ubuzima bwite hindura

Uyu muhanzi ufite umugore uhanga ariko yibanda kuri Gakondo gusa avuga ko muri gahunda afite vuba harimo no kuba bakorana indirimbo dore ko banahuriye mu itorero rimwe ry’Intayoberana.[3]

Impano afite hindura

Uyu mugabo[4] ukina amafilm, agakora umuziki akanabyina cyane Kinyarwanda ngo byose abikorera abafana kuko babyishimira kandi nta na kimwe yareka.

References hindura

  1. "Archive copy". Archived from the original on 2022-09-26. Retrieved 2022-09-26.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  2. https://inyarwanda.com/inkuru/95904/nick-dimpoz-yasobanuye-impamvu-yakoze-indirimbo-itaka-umugeni-ikamutinyura-video-95904.html
  3. https://www.ijambo.net/content/Nick-Dimpoz-yasohoye-indirimbo-Urwa-kera-ikoranwe-ubuhanga.php
  4. https://rushyashya.net/bwiza-bwirabura-indirimbo-nshya-ya-nick-dimpoz-wo-muri-city-maid/