Intara y'amajyepfo

(Bisubijwe kuva kuri Intara y’Amajyepfo)

Intara y'Amajyepfo nimwe mu ntara z'u Rwanda[1].

Igizwe nibyahoze ari intara ya Butare,Gikongoro, na Gitarama [2]

Ikarita y'Intara y'Amajyepfo y' u Rwanda
Ikarita y'Intara y'Amajyepfo y' u Rwanda

ubu ikaba igizwe n uturere dutanduka hari Nyanza Gisagafra , Nyaruguru ,Nyamagabe nutundi twinshi

Aho Iherereye hindura

mu majyepfo : Burundi

mu majyaruguru: Umujyi wa Kigali

iburengerazuba : Intara y'uburengerazuba

Iburasirazuba : Intara y'uburasirazuba

Uturere tugize intara hindura

1.Akarere ka Gisagara

2. Akarere ka Huye

3. Akarere ka Kamonyi

4. Akarere ka Muhanga

5.Akarere ka Nyamagabe

6.Akarere ka Nyanza

7. Akarere ka Nyaruguru

8. Akarere ka Ruhango


Ihuza ryo hanze hindura

  1. https://www.southernprovince.gov.rw/
  2. "Archive copy". Archived from the original on 2020-10-27. Retrieved 2020-09-27. {{cite web}}: Unknown parameter |deadurl= ignored (|url-status= suggested) (help)CS1 maint: archived copy as title (link)