Ni igihe kigufi cy’izuba, aho riva atari ryinshi, n’irivuye rikaba ridakakaye cyane. Ni igihe abahinzi baba basarura banahunika imyaka bahinze mu bihe by’imvura y’umuhindo. Icyo gihe gitangira ku wa 15 Ukuboza, kigasoza ku wa 15 Werurwe.

urugaryi
Urugaryi