Ingagi zo mu birunga: Difference between revisions

Content deleted Content added
#WPWP #WPWPRW
No edit summary
Umurongo 1:
= Intangiriro =
[[File:Gorilla mother and baby at Volcans National Park.jpg|thumb|250px|<font color="grey">Ingagi zo mu birunga (gore n’umwana) mu Rwanda</font>]]
[[File:Ingagi_mu_birungaGorilla mother and baby at Volcans National Park.jpg|thumb|206x206px|<font color="grey">Ingagi zo mu birunga (gore n’umwana) mu Rwanda</font>]]
[[File:Ingagi_mu_birunga.jpg|thumb|Ingagi mu birunga|264x264px]]
'''Ingagi zo mu birunga'''<ref>[http://www.igihe.com/news-2-95-1258.html Ingagi zo mu Birunga: inyamaswa zifite byinshi zihuriyeho n\'abantu]</ref><ref>[http://www.rwandagateway.org/rw/spip.php?article625 Ingagi zo mu Birunga zariyongereye]</ref><ref>[http://www.igihe.com/news-2-95-97.html Ingagi zo mu Rwanda zahungiye inkongi y’umuriro muri Congo Kinshasa]</ref><ref>[http://www.karabaye.com/news/article.php?id=0105 Ingagi muri Parike Nasiyonali y’Ibirunga]</ref> cyangwa '''Ingagi zo mu misozi''', '''Ingagi zo mu misozi miremire''' (izina ry’ubumenyi mu [[kilatini]]: ''Gorilla beringei beringei''), ni bumwe mu bwoko bw’inyamaswa buri gucika cyane ku isi. Ubu habarwa [[ingagi]] zo mu birunga zigera kuri 720 ku isi yose, kandi zose ziherere mu majyaruguru y’igihugu cy’u [[Rwanda]], mu majyepfo ya [[Uganda]] ndetse no mu burasirazuba bwa [[Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo]].
 
== Ibarura ry'ingagi ==
Ubu habarwa [[ingagi]] zo mu birunga zigera kuri 720 ku isi yose, kandi zose ziherere mu majyaruguru y’igihugu cy’u [[Rwanda]], mu majyepfo ya [[Uganda]] ndetse no mu burasirazuba bwa [[Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo]].
 
Muri iyo Pariki kandi harimo andi moko y’ibinyabuzima gakondo n’andi arinzwe mu rwego rw’amasezerano mpuzamahanga abuza ubucuruzi bw’amoko y’ibinyabuzima biri hafi gucika burundu ([[CITES]]).
Line 7 ⟶ 11:
Ingangi zabazwe ni izo muri Pariki eshatu arizo: [[pariki y’Ibirunga y’u Rwanda]], [[Pariki y’Ibirunga ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo]] na [[Parc National des Gorilles de Mgahinga ]] yo muri Uganda. Nyamara hari izindi ziri mu ishymba ry’inzitane rya Bwindi rya Pariki y’igihugu cya Uganda.
 
[[File:Susa group, mountain gorilla.jpg|thumb|left|250px202x202px|<font color="grey">Ingagi zo mu birunga (gabo)</font>|alt=]]
 
Abayobozi kandi basobobanuye oko iri barurwa ryakozwe mu rwego rwo kumenya uko ibintu byifashe ndetse no kureba uko ingagi zimerewe. Ibyavuye mu ibarura bikaba ari bumwe mu bushakashatsi bukomeye buzaba buhari bwerekana ubuzima bw’izi ngagi ndetse n’uko zibanyeho mu miryango yazo.
 
Ibarura ryakozwe mu Birunga kuva muri Werurwe kugeza muri Mata uyu mwaka, ryerekanye ko umubare w’ingagi wiyongereyeho 26,3% mu myaka irindwi ishize. Ni ukuvuga ko zagiye ziyongeraho 3,7% buri mwaka.
Line 23 ⟶ 27:
Iyi pariki igizwe n’ubwoko butandukanye bw’ibimera , aho usanga hari ishyamba ry’ibimera bito ndetse harimo n’ibiti binini bitandukanye bibereye ijisho.
 
[[File:Silverback.JPG|thumb|250px196x196px|<font color="grey">Ingagi zo mu birunga (gabo na gore)</font>]]
 
Ingagi zo mu birunga nk’ubundi bwoko bw’inguge, ziba mu mashyamba agwamo cyane imvura. Kereka [[impundu]] (''chimpanzé'') nizo zishobora gutura mu bice bya ''savannah'' (ubutaka buriho ibimera bigufi kandi imvura idakunda kugwaho cyane).
Line 32 ⟶ 36:
 
Mu mwaka wa 1978 nibwo umushinga gorille des Montagnes watangiye, maze ingagi zo mu birunga ziherereye mu gice cy’u Rwanda zitangira kumenyerezwa gusurwa naba mukerarugendo.Kuva 1973 kugeza 1989,umubare w’ingagi zo mu birunga wariyongereye ziva kuri 261 zigera kuri 324. Abantu bamwe bakeka ko ubukerarugendo bwaba bwaragize uruhare muri uku kwiyongera kw'ingagi.
 
 
== Notes ==