Ingagi zo mu birunga: Difference between revisions
Content deleted Content added
#WPWP #WPWPRW |
No edit summary |
||
Umurongo 1:
= Intangiriro =
[[File:
[[File:Ingagi_mu_birunga.jpg|thumb|Ingagi mu birunga|264x264px]]
'''Ingagi zo mu birunga'''<ref>[http://www.igihe.com/news-2-95-1258.html Ingagi zo mu Birunga: inyamaswa zifite byinshi zihuriyeho n\'abantu]</ref><ref>[http://www.rwandagateway.org/rw/spip.php?article625 Ingagi zo mu Birunga zariyongereye]</ref><ref>[http://www.igihe.com/news-2-95-97.html Ingagi zo mu Rwanda zahungiye inkongi y’umuriro muri Congo Kinshasa]</ref><ref>[http://www.karabaye.com/news/article.php?id=0105 Ingagi muri Parike Nasiyonali y’Ibirunga]</ref> cyangwa '''Ingagi zo mu misozi''', '''Ingagi zo mu misozi miremire''' (izina ry’ubumenyi mu [[kilatini]]: ''Gorilla beringei beringei''), ni bumwe mu bwoko bw’inyamaswa buri gucika cyane ku isi.
== Ibarura ry'ingagi ==
Ubu habarwa [[ingagi]] zo mu birunga zigera kuri 720 ku isi yose, kandi zose ziherere mu majyaruguru y’igihugu cy’u [[Rwanda]], mu majyepfo ya [[Uganda]] ndetse no mu burasirazuba bwa [[Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo]].
Muri iyo Pariki kandi harimo andi moko y’ibinyabuzima gakondo n’andi arinzwe mu rwego rw’amasezerano mpuzamahanga abuza ubucuruzi bw’amoko y’ibinyabuzima biri hafi gucika burundu ([[CITES]]).
Line 7 ⟶ 11:
Ingangi zabazwe ni izo muri Pariki eshatu arizo: [[pariki y’Ibirunga y’u Rwanda]], [[Pariki y’Ibirunga ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo]] na [[Parc National des Gorilles de Mgahinga ]] yo muri Uganda. Nyamara hari izindi ziri mu ishymba ry’inzitane rya Bwindi rya Pariki y’igihugu cya Uganda.
[[File:Susa group, mountain gorilla.jpg|thumb|
Abayobozi kandi basobobanuye
Ibarura ryakozwe mu Birunga kuva muri Werurwe kugeza muri Mata uyu mwaka, ryerekanye ko umubare w’ingagi wiyongereyeho 26,3% mu myaka irindwi ishize. Ni ukuvuga ko zagiye ziyongeraho 3,7% buri mwaka.
Line 23 ⟶ 27:
Iyi pariki igizwe n’ubwoko butandukanye bw’ibimera , aho usanga hari ishyamba ry’ibimera bito ndetse harimo n’ibiti binini bitandukanye bibereye ijisho.
[[File:Silverback.JPG|thumb|
Ingagi zo mu birunga nk’ubundi bwoko bw’inguge, ziba mu mashyamba agwamo cyane imvura. Kereka [[impundu]] (''chimpanzé'') nizo zishobora gutura mu bice bya ''savannah'' (ubutaka buriho ibimera bigufi kandi imvura idakunda kugwaho cyane).
Line 32 ⟶ 36:
Mu mwaka wa 1978 nibwo umushinga gorille des Montagnes watangiye, maze ingagi zo mu birunga ziherereye mu gice cy’u Rwanda zitangira kumenyerezwa gusurwa naba mukerarugendo.Kuva 1973 kugeza 1989,umubare w’ingagi zo mu birunga wariyongereye ziva kuri 261 zigera kuri 324. Abantu bamwe bakeka ko ubukerarugendo bwaba bwaragize uruhare muri uku kwiyongera kw'ingagi.
== Notes ==
|