Ingagi zo mu birunga: Difference between revisions

Content deleted Content added
m Bot: Migrating 23 interwiki links, now provided by Wikidata on d:q737878 (translate me)
No edit summary
Umurongo 5:
Muri iyo Pariki kandi harimo andi moko y’ibinyabuzima gakondo n’andi arinzwe mu rwego rw’amasezerano mpuzamahanga abuza ubucuruzi bw’amoko y’ibinyabuzima biri hafi gucika burundu ([[CITES]]).
 
Ingangi zabazwe ni izo muri Pariki eshatu arizo: [[pariki y’Ibirunga y’u Rwanda]], [[Pariki y’Ibirunga ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo]] na [[Mgahinga GorillaParc National parkdes Gorilles de Mgahinga ]] yo muri Uganda. Nyamara hari izindi ziri mu ishymba ry’inzitane rya Bwindi rya Pariki y’igihugu cya Uganda.
 
[[File:Susa group, mountain gorilla.jpg|thumb|left|250px|<font color="grey">Ingagi zo mu birunga (gabo)</font>]]
Umurongo 25:
[[File:Silverback.JPG|thumb|250px|<font color="grey">Ingagi zo mu birunga (gabo na gore)</font>]]
 
Ingagi zo mu birunga nk’ubundi bwoko bw’inguge, ziba mu mashyamba agwamo cyane imvura. Kereka [[impundu]] (''chimpanzeechimpanzé'') nizo zishobora gutura mu bice bya ''savannah'' (ubutaka buriho ibimera bigufi kandi imvura idakunda kugwaho cyane).
 
Ingagi zibaho zimuka buri gihe kuko zicumbika ahantu zibasha kubona ibyo kurya. Ahanini zirya ibimera kandi zikabirya ari byinshi. Ingagi zigira amenyo ameze nk’aya'abantu, niyo mpamvu zishobora gukanja ibyatsi byinshi. Ingagi z’ingabo zikuze zigira amenyo manini zikoresha iyo ziri kurwana na zigenzi zazo .
Umurongo 31:
Iyi nkongi yibasiye iki gice cy’ishyamba yatangiye kuwa gatandatu nk’uko bitangazwa n’ibiro ntaramakuru by’u Rwanda ngo nta kintu kizwi neza kuba cyarateye iyi nkongi ariko ngo bishoboka kuba ari abavumvu bateye iyi nkongi ariko ngo nta numwe uratabwa muri yombi. Ibindi byerekana ko iyi nkongi yatewe n’uko ari ikirere cyateye iyi nkongi kuko hari hari ubushyuhe bwinshi.
 
Mu mwaka wa 1978 nibwo umushinga Mountaingorille gorillades Montagnes watangiye, maze ingagi zo mu birunga ziherereye mu gice cy’u Rwanda zitangira kumenyerezwa gusurwa naba mukerarugendo.Kuva 1973 kugeza 1989,umubare w’ingagi zo mu birunga wariyongereye ziva kuri 261 zigera kuri 324. Abantu bamwe bakeka ko ubukerarugendo bwaba bwaragize uruhare muri uku kwiyongera kw'ingagi.
 
== Notes ==