Urwandiko rw’Abagalatiya: Difference between revisions

Content deleted Content added
No edit summary
No edit summary
Umurongo 13:
Itorero ry’i Galatiya ryaguye kubera ubwo butumwa bw’ibinyoma cyangwa bugoretse, kandi ubutumwa ku Bagalatiya ni igisubizo cya Paulo. Nirwo rwandiko rukarishye kurusha izindi zose Pawulo yanditse n’intoki ze nta kuvuga ibigwi, nta bisingizo, nta magambo yo gushimira. Abazobereye mu gusesengura ibintu bagaragaza ubu butumwa nk’urwandiko rw’uburakari bwa Pawulo.
 
Abizera b’i Galatiya bemeye inyigisho z’ibinyoma z’abaharanira ubuyuda maze bituma baba mu kaga gakomeye ko gutakaza agakiza kabo kubera ko bari mu nzira yo gutera imiyonga yabo ifatiro ryo kwizera kwabo [[Yezu Kirisito]] kandi we wabambwe kumusaraba. Kubwo ibyo, dushobora gusobanura urwandiko Paulo yandikiye Abagalatiya nk’urwandiko rwo kurwana.
 
== Incamake yibigize igitabo cy’Abagalatiya ==