Urwandiko rw’Abagalatiya: Difference between revisions

Content deleted Content added
Created page with 'thumb|250px|<font color="grey">Mutagatifu Pawulo na Urwandiko rw’Abagalatiya</font> '''Urwandiko rw’Abagalatiya''' cyangwa '''Abagalatiya''' (na '''Abagar...'
 
No edit summary
Umurongo 2:
 
'''Urwandiko rw’Abagalatiya''' cyangwa '''Abagalatiya''' (na '''Abagaratiya''')
 
Hafi imyaka 30 yaranze igihe kiri hagati y’uguhinduka kw’intumwa [[Mutagatifu Pawulo|Pawulo]] mu nzira ajya i [[Damasiko]] no guhorwa Imana kwe i [[Roma]], muri icyo gihe yagize ingendo eshatu z’ingenzi z’ivugabutumwa yambukiranya [[Aziya ntoya]], ashinga amatorero aho yajyaga hose, harimo n’intara ya [[Galatiya]].
 
Ariko aho Pawulo yashingaga amatorero hose, abizera b’Abayuda (bazwi nk’abaharanira ubuyuda) bakemangaga ububasha bwo kuba intumwa kwa Pawulo kandi bagacengera muri ayo matorero bakarwanya ubutumwa bwe bw’agakiza kubwo ubuntu gusa, binyuze mu kwizera bagatsindagira ko abizera b’abanyamahanga bongeraho imirimo myiza no gukomeza amategeko (harimo no gukebwa nk’ibisabwa kugira ngo haboneke agakiza).
 
Itorero ry’i Galatiya ryaguye kubera ubwo butumwa bw’ibinyoma cyangwa bugoretse, kandi ubutumwa ku Bagalatiya ni igisubizo cya Paulo. Nirwo rwandiko rukarishye kurusha izindi zose Pawulo yanditse n’intoki ze nta kuvuga ibigwi, nta bisingizo, nta magambo yo gushimira. Abazobereye mu gusesengura ibintu bagaragaza ubu butumwa nk’urwandiko rw’uburakari bwa Pawulo.
 
Abizera b’i Galatiya bemeye inyigisho z’ibinyoma z’abaharanira ubuyuda maze bituma baba mu kaga gakomeye ko gutakaza agakiza kabo kubera ko bari mu nzira yo gutera imiyonga yabo ifatiro ryo kwizera kwabo [[Yezu Kirisito]] kandi we wabambwe kumusaraba. Kubwo ibyo, dushobora gusobanura urwandiko Paulo yandikiye Abagalatiya nk’urwandiko rwo kurwana.
 
== Imiyoboro ==