Ingagi zo mu birunga: Difference between revisions

Content deleted Content added
No edit summary
No edit summary
Umurongo 2:
 
'''Ingagi zo mu birunga'''<ref>[http://www.igihe.com/news-2-95-1258.html Ingagi zo mu Birunga: inyamaswa zifite byinshi zihuriyeho n\'abantu]</ref><ref>[http://www.rwandagateway.org/rw/spip.php?article625 Ingagi zo mu Birunga zariyongereye]</ref><ref>[http://www.igihe.com/news-2-95-97.html Ingagi zo mu Rwanda zahungiye inkongi y’umuriro muri Congo Kinshasa]</ref> cyangwa '''Ingagi zo mu misozi''', '''Ingagi zo mu misozi miremire''' (izina mu [[kilatini]]: ''Gorilla beringei beringei''), ni bumwe mu bwoko bw’inyamaswa buri gucika cyane ku isi. Ubu habarwa [[ingagi]] zo mu birunga zigera kuri 720 ku isi yose, kandi zose ziherere mu majyaruguru y’igihugu cy’u [[Rwanda]], mu majyepfo ya [[Uganda]] ndetse no mu burasirazuba bwa [[Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo]].
 
Muri iyo Pariki kandi harimo andi moko y’ibinyabuzima gakondo n’andi arinzwe mu rwego rw’amasezerano mpuzamahanga abuza ubucuruzi bw’amoko y’ibinyabuzima biri hafi gucika burundu ( CITES).
 
Ingangi zabazwe ni izo muri Pariki eshatu arizo: [[pariki y’Ibirunga y’u Rwanda]], [[Pariki y’Ibirunga ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo]] na [[Mgahinga Gorilla National park]] yo muri Uganda. Nyamara hari izindi ziri mu ishymba ry’inzitane rya Bwindi rya Pariki y’igihugu cya Uganda.