Ikiyaga cya Kivu: Difference between revisions
Content deleted Content added
No edit summary |
No edit summary |
||
Umurongo 6:
Aho niho abasare bavugamo amato akoze ku buryo bwa gakondo. Ababyeyi bambaye imyenda y’amabara menshi batumura agatabi mu nkono z’itabi z’ibiti. Abacuranzi bakirigita iningiri (gitari gakondo). Ikindi kandi ubuzima bw’inyoni nabwo buteye amabengeza: Ibishuhe byambuka binyerera ku mazi magari, Imisambi itinyitse n’amakamba yayo isokoza amababa yayo mu bishanga byo hafi aho, naho Umwami w’abarobyi ari we Nyiramurobyi aba yibereye ku nkombe nk’umutako.
[[File:Lake Kivu shore at Gisenyi.jpg|thumb|
Mu nkengero zayo hari imijyi itatu ariyo: [[Gisenyi]], [[Kibuye]] na [[Cyangugu]]. Iyo mijyi ihuzwa n’umuhanda utoroshye w’ibitaka uzengurutse icyo kiyaga wahuranya mu mirima y’imyaka no mu mashyamba atoshye mu kugaragaza isuku hejuru y’amazi y’urubogobogo. Kuhatemberera ni rwo rugendo rwa gakondo rubaho muri [[Afurika]] yose. Hari n’ingendo z’amato zihuza iyo migi itatu.
▲[[File:Lake Kivu shore at Gisenyi.jpg|thumb|100px|<font color="green">Ikiyaga cya Kivu (Gisenyi)</font>]]
Gisenyi ari nawo mujyi urusha amajyambere iyo migi yindi y’ubukerarugengo, wibereye hafi ku buryo kujyayo uturutse muri [[Pariki y’ibirunga]] bitwara igihe gito kiri munsi y’isaha ku modoka. Uwo mujyi wibereye ku nkengero z’umucanga, ukikijwe n’imikindo ihuhera hamwe n’amahoteli yubatswe kera mu gihe cy’ubukoroni zerakana ishusho y’ikirere cyiri hafi y’imirongo ngengamirasire koko. Ku Kibuye, mu majyepfo yacyo, imirimo y’aba Mukerarugendo ishingiye cyane cyane ku macumbi agezweho yubatse ku nkengero ku misozi itwikiriwe n’amahwa nk’uko bimeze ku misozi ya Alpe.
|