Gutwita kwabangavu Mu Rwanda

Gutwita kwabangavu bikomeje kuba ikibazo gikomeye muri sosiyete Nyarwanda

Imva n'imvano ku bana b’abanyeshuri batewe inda mu gihe cya ‘guma mu rugo hindura

BBC yaganiriye na bamwe mubabyeyi bafite abana Bahuye nikikibazo cyo kubyara Inda zizateganyijwe ,Bavugako Abana b'abo Batewe inde mugiye cyaguma murugo igihe Covid _19 yadukaka mumwaka 2019 bityo rero Bibaviramo kureka amashuri[1]

Ministeri y’uburezi mu Rwanda Yobanuye neza ko abakobwa benshi bahagaritse amashuri yabo nyuma yo gutwara inda zitateganyijwe ariko ntibivuze ko ibashyigikiye kuva Mwishuri ihora ibashishikariza gusubira mu ishuri n’ubwo baba bamaze kubyara.Ni ikibazo kimaze gufata intera ndende mu Rwanda. Imibare itangwa n’impuzamashyirahamwe aharanira uburenganzira bwa muntu ( CLADHO ) yerekana ko buri mwaka byibuze abangavu ibihumbi cumi na bitanu baterwa inda zitateganyijwe. Turavugana na bo mu muryango wa CLADHO.[2]

Abantu abasaga ibihumbi 4,452 bafashwe batangira gukurikiranwaho icyo cyaha Cyo guhotera abangavu barimutsi yimyaka 18 hagati aho urwego rw’ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwavugaga ko mu mwaka ushize wa 2020 abantu abasaga .[3]

Referance

  1. "Archive copy". Archived from the original on 2022-05-02. Retrieved 2022-05-02.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  2. https://www.sciencedirect.com/science/article/pii/S2405844020318806
  3. https://www.bbc.com/gahuza/amakuru-55961413