INTWARI Y'AFRICA NELSON MANDELA hindura

Nelson Mandela yavukiye mu ntara ya east cape mu 18\07\1918, muri 1944 yinjiye mu ishyaka ya ANC.

Mu mwaka wa 1962 yatawe muri yombi n'ubuyobozi bw'abbazungu akatirwa gufungwa imyaka itanu,

akaba yarinjyezwe nogukatirwa urwaburundu, bamuziza kuba arwanya ivangura ry'uruhu muri africa y'epfo

aza nokuba na prezida w'icyo gihugu, yajyiye nomubitaro kuva taliki 08/06/2013 arwaye

indwara zo mu bihaha.[1]


Nelsona Mandela yarafite umugore witwa Evelyn Mase gusa nibyamubujije kuba yakunda undi witwaga

Winie Madikizela ariwe baje nokubana nyuma yoguhabwa divorce numugorewe wa mbere, yaje kubyarana

na Mandela abana babiri babakobwa ndetse umubano urangwamo no gushyigikirana mu bikorwa bya politiki

bigamije kurwanya ivangura ryakorerwaga abirabura babanyafrica yepfo. [2]