MUHIRE Kevin hindura

MUHIRE Kevin n' umusore ukina umupira w'amaguru nk'uwabigize umwuga mu ikipe ya rayon sport akaba akina inyuma yaba rutahizamu ahazwi nko kuri no 10 ikindi akaba afite inshingano zo kuba kapiteni w' ikipe uyu

Kapiteni wa Rayon Sports, Kevin Muhire, yemeje ko umukino wa nyuma w’umunsi wa 30 bazakina na Kiyovu Sports ku wa gatandatu, tariki ya 11 Gicurasi uzaba umukino we wa nyuma muri iyi kipe.

Uyu mukinnyi mpuzamahanga w’u Rwanda winjiye muri Murera mu Kwakira 2023 ku masezerano y’igihe gito, yatangaje ko yamaze kugirana amasezerano n’ikipe yo hanze y’u Rwanda kandi ko yiteguye kuva muri iyi kipe ubwo shampiyona iraba irangiye.

Aganira na Radio&TV 10, Kevin Muhire yemeje ko agiye kuva muri Rayon Sports, aho yagize ati: "Sinzagumana na Rayon Sports; Nzakina umukino wanjye wa nyuma muri iyi kipe kuri uyu wagatandatu

ishakirohttps://bwiza.com/?Muhire-Kevin-yasezeye-muri-Rayon-Sports hindura