Uburobyi bw'isambaza mu kivu

Isambaza hindura

Isambaza ni ubwoko bw'indagara ariko ziva mumazi gusa nubwo zibarwa mu ndagara ntago ziba zingana n'indagara

kuko zo aba ari nini kandi zifite umubyimba uruta uwi Indagara[1]

 
ubucuruzi bw'isambaza

Uko isambaza zitunganywa naho ziva hindura

Isambaza ni ubwoko bw'indagara ziva mumazi ahenshi ni mu Kivu mukarere ka Rubavu Rusizi[2]

mukarere ka Karongi ndetse nahandi Isambaza aenshi mbere yo kuziteka barabanza bakazikawusha

ibyo twakwita nko kuzinyuza mumavuta bakabona kuzitekamo isosi,ibyo kandi ntibikuyeho ko hari nabaziteka

 
Isamabaza zikawushije

zitogosheje.[3]

 
Isamabaza

Akamaro n'umusaruro hindura

Isambaza ni ubwoko bw'imboga cyangwa isosi itegurwa kumea hari uburisho nubwo Isambaza

ziboneka muturere turangwamo amazi intibivueko ariho ziribwa gusa kuko isambaza zirambuka

zikaza no mumujyi wa Kigai ndetse no mutundi turere tudakora kumazi.

  1. https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubworozi/article/uburobyi-bw-isambaza-mu-kivu-bwafunguwe
  2. "Archive copy". Archived from the original on 2023-08-14. Retrieved 2023-08-14.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  3. https://inyarwanda.com/inkuru/67865/ku-myaka-24-ifu-y-isambaza-imaze-kumugeza-ku-gishoro-cya-7-0-67865.html