Imirire Mibi Mu Rwanda

iryo yuzuye

Incamake hindura

Abahanga ku mirire zo muri Afurika bagaragaje ko imibare yerekana ko ibihugu byose by'Afurika yo munsi y'ubutayu bwa Sahara biri mu bihe bidasanzwe ku mirire mibi cyane mu bana, zivuga ko imibare y'u Rwanda iri hejuru cyane.

Imirire mibi yibasiye abana benshi batarageza ku myaka itanu mu bihugu byose by'Afurika yo munsi y'ubutayu bwa Sahara, nk'uko bivugwa n'izi nzobere zo muri Afurika mu nama izihurije i Kigali.[1] Ikigero gifatwa nk'icyakwihanganirwa mu mirire mibi izi nzobere zivuga ko ari 20%, iki kigero mu Rwanda kigeze kuri 38%.[2]

Ingamba zo kurwanya Imirire mibi hindura

Abaturage Bu Rwanda Biyemeje kurwanya imirire mibi Ah Gatsibo Biyemeje kurandura imirire mibi murundu [3].Abaturage bose mu Murenge wa Mushonyi mu Karere ka Rutsiro, bavuga ko kurwanya imirire mibi bishoboka bakaba bamanura imibare ikomeje kuboneka muri ako karere gafite 44.4%, gusa ngo ku bufatanye n’ubuyobozi biyemeje gukemura burundu icyo kibazo.[4]

Abafatanya bikorwa hindura

Referances hindura

  1. https://www.bbc.com/gahuza/amakuru-49480375
  2. "Archive copy". Archived from the original on 2022-09-30. Retrieved 2022-09-30.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  3. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/rutsiro-biyemeje-guca-burundu-imirire-mibi-mu-bana
  4. https://www.bbc.com/gahuza/amakuru-49480375