Ibijumba
== Ibijumba ==
mu Rwanda hamwe nibindi bihugu byo muri Afurika bihinga ibijumbandetse nibindi byinshi bitandukanye
ibijumba nibimwe mubiribwa abanyarwanda benshi batunzwe nabyo
Inkomoko hindura
Ibijumba ni igihingwa cyakomotse muri Amerika y Amajyepfo[1]
ibijumba kandi bigira vitamine ukandi bitera imbaraga
== Akamaro ==
ibijumba bitera imbaraga mumubiri wumuntu kandi bizwiho kurinda
fcindwara zitandukanye ibijumba byose akamaro nikamwe mumubiri nubwo
biba bifite amabara atandukanye[2]
Ubwoko hindura
ibijumba bigira amabara atandukanye haba imbere cyangwa inyuma ku ishishwa hari
ibisa umutuku, umuhondo, igitaka nandi mensi atandukanye[3]
Reba hindura
- ↑ https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/nusoma-iyi-nkuru-ntuzongera-gusuzugura-ibijumba
- ↑ "Archive copy". Archived from the original on 2021-08-24. Retrieved 2021-08-24.
{{cite web}}
: CS1 maint: archived copy as title (link) - ↑ https://inyarwanda.com/inkuru/77858/menya-akamaro-k-ibijumba-ku-buzima-bwawe-77858.html