Amarekezo hindura

BELLA FLOWER ni umushinga uherereye mugihugu cy'Urwanda mukarere ka Rwamagana umurenge wa Gishali ukaba ukora ubuhinzi bw'indabo z'amabara atandukanye cyane amaroza

Uyu mushinga ukaba waratangijwe na MADAMU JANNETTE KAGAME ukaba umaze kuzamura ishoramari ry'ibicuruzwa byoherezwa mumahanga[1].

ICYOREZO CYA KORONA VIRUSI CYAHUNGABANYIJE ISOKO RYA BELLA FLOWERS hindura

Bella flowers yahungabanyijwe nicyorezo cya korona virusi cyane nkuko cyahungabanyije n'ibindi bikorwa by'iterambere harimo nkubucuruzi.Bella flower mumwaka wa2020 ubwo icyi cyorezo cyateraga aho bella flowers yagemuraga toni 30 hanyuma yuko guma murugo ije yasigaye igemura toni zitarenze eshanu[2]

AKAMARO KA BELLA FLOWERS hindura

Uyu mushinga wubuhinzi bw'indabo umaze kuba waha akazi kubaturage benshi barenga 700 ukaba uri gufasha igihugu kugabanya ubushomeri mu u RWANDA.

Bella flowes rero ikaba inagurisha indabo kubaturage b'u RWANDA kubazishaka bityo ikaba inatanga umusoro mu igihugu[3] Bella flawer kandi ikaba ifasha igihugu cy'URwanda kongera umubano hagati y'Ibihugu bitandukanye[4]

  1. https://rw.wikipedia.org/w/index.php?title=BELLA_FLOWER&veaction=edit
  2. https://rw.wikipedia.org/w/index.php?title=BELLA_FLOWER&veaction=edit
  3. https://mobile.igihe.com/ubukungu/article/iterambere-ry-ubuhinzi-bw-indabo-z-amaroza-mu-rwanda-nuko-zafashije-benshi-kuba
  4. https://rw.wikipedia.org/w/index.php?title=BELLA_FLOWER&veaction=edit